Ikoranabuhanga #WhtasApp: Uko wakwirinda ko hagira ukongera mu matsinda “Groups” utabishaka Francis Kayiranga 5 years ago 1 min read 1287 Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Like this:Like Loading... Tags: amakuru amakuru mashya Ibitekerezo Ikoranabuhanga WhatsApp WhtasApp: Uko wakwirinda ko hagira ukongera mu matsinda "Groups" utabishaka Continue Reading Previous: Sobanukirwa impamvu usabwa kuzimya telefone yawe igihe indege igiye guhaguruka no kururukaNext: Ni gute wakwirinda ko iPhone yawe yerekana aho uherereye utabishaka? Amakuru Adeline Rwigara yongeye guhishura amabi ya Kagame na Nyiramongi we!! 1 Amakuru Politiki Adeline Rwigara yongeye guhishura amabi ya Kagame na Nyiramongi we!! Ibyo mwahishwe kugucana umubano hagati ya Kagame n’ububiligi 2 Amakuru Politiki Ibyo mwahishwe kugucana umubano hagati ya Kagame n’ububiligi Dr. Kambanda arasobanura ijambo Kagame yavugiye muri Arena, ati risa neza nk’iryavuzwe ku bwa Hitler 3 Amakuru Politiki Dr. Kambanda arasobanura ijambo Kagame yavugiye muri Arena, ati risa neza nk’iryavuzwe ku bwa Hitler Dr. Kambanda ahishuye ikiri inyuma y’uruzinduko rwa Kagame muri Qatar!!! 4 Amakuru Dr. Kambanda ahishuye ikiri inyuma y’uruzinduko rwa Kagame muri Qatar!!! Umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Habyarimana, Agatha Kanziga Habyarimana, agiye gusubizwa imbere y’ubutabera kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe 2025. Ku munsi w’ejo urugereko rw’urukiko rw’ubujurire rw’I Paris ruzasuzuma ubusabe bw’ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba (PNAT), ryasabye ko dosiye ya Agata Kanziga yakongera gukurikiranwa ndetse hakongerwa n’igihe agomba gukorwaho iperereza. Agatha wahoze ari umugore wa Habyarimana, muri 2016, nibwo byemejwe ko akurikiranwa ku byaha byo gucura umugambi wa Jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Nyuma yaho umucamanza ushinzwe kwemeza niba umuntu yakurikiranwa mu rukiko (Juge d’instruction), yaje kuvuga ko ihagarikwa kuko yabonaga nta bimenyetso bihagije bimushinja. Ibyo Ubushinjacyaha bwaje kubijuririra ku rukiko rukuru kugira ngo rwemeze ko iperereza risubiramo. Umwaka ushize mu kwezi k’Ukuboza, nibwo byemejwe ko Agatha atanga amakuru kubyo akurikiranweho ariko bishobora kumuviramo ibyaha yakurikiranwaho. Umwanzuro w’urukiko ku rubanza ruzabera mu muhezo ku munsi w’ejo uramutse wemejwe ko Agatha Kanziga aburanishwa ku byaha akekwaho, nk’uko byasabwe n’Ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba(PNAT), Agathe yakorwaho iperereza guhera tariki 1 Werurwe 1994. Ubushinjacyaha busaba ko yakurikiranwaho gucura umugambi wo gutegura jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu, kandi iperereza rigatangira guhera taliki ya mbere Werurwe 1994, kuko ubusanzwe Ubufaransa bukora iperereza buhereye taliki ya 6 Mata 1994. Ibyaha Agatha yagiye aregwa harimo gukangurira abantu gutegura no gukora ubwicanyi, gutegeka ko abakozi barindwi (7) bakoraga mu kigo cy’imfubyi yashinze, kwicwa ahanini agakoresha abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida. Biteganyijwe ko urubanza ruzaba mu muhezo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe i saa kumi, umwanzuro ukazatangazwa nyuma. \ 5 Amakuru Politiki Umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Habyarimana, Agatha Kanziga Habyarimana, agiye gusubizwa imbere y’ubutabera kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe 2025. Ku munsi w’ejo urugereko rw’urukiko rw’ubujurire rw’I Paris ruzasuzuma ubusabe bw’ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba (PNAT), ryasabye ko dosiye ya Agata Kanziga yakongera gukurikiranwa ndetse hakongerwa n’igihe agomba gukorwaho iperereza. Agatha wahoze ari umugore wa Habyarimana, muri 2016, nibwo byemejwe ko akurikiranwa ku byaha byo gucura umugambi wa Jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Nyuma yaho umucamanza ushinzwe kwemeza niba umuntu yakurikiranwa mu rukiko (Juge d’instruction), yaje kuvuga ko ihagarikwa kuko yabonaga nta bimenyetso bihagije bimushinja. Ibyo Ubushinjacyaha bwaje kubijuririra ku rukiko rukuru kugira ngo rwemeze ko iperereza risubiramo. Umwaka ushize mu kwezi k’Ukuboza, nibwo byemejwe ko Agatha atanga amakuru kubyo akurikiranweho ariko bishobora kumuviramo ibyaha yakurikiranwaho. Umwanzuro w’urukiko ku rubanza ruzabera mu muhezo ku munsi w’ejo uramutse wemejwe ko Agatha Kanziga aburanishwa ku byaha akekwaho, nk’uko byasabwe n’Ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba(PNAT), Agathe yakorwaho iperereza guhera tariki 1 Werurwe 1994. Ubushinjacyaha busaba ko yakurikiranwaho gucura umugambi wo gutegura jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu, kandi iperereza rigatangira guhera taliki ya mbere Werurwe 1994, kuko ubusanzwe Ubufaransa bukora iperereza buhereye taliki ya 6 Mata 1994. Ibyaha Agatha yagiye aregwa harimo gukangurira abantu gutegura no gukora ubwicanyi, gutegeka ko abakozi barindwi (7) bakoraga mu kigo cy’imfubyi yashinze, kwicwa ahanini agakoresha abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida. Biteganyijwe ko urubanza ruzaba mu muhezo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe i saa kumi, umwanzuro ukazatangazwa nyuma. \ Marie Immaculee avuze ukuri kuri Prince Kid, iyaba yavugiraga abazira akarengane bose bari mu bihome 6 Amakuru Politiki Marie Immaculee avuze ukuri kuri Prince Kid, iyaba yavugiraga abazira akarengane bose bari mu bihome Related Stories Pegasus Spyware ni iki? Ikora ite? Ikoreshwa nande? Yibasira bande? 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Ikoranabuhanga Pegasus Spyware ni iki? Ikora ite? Ikoreshwa nande? Yibasira bande? Francis Kayiranga 4 years ago 7879 Rwanda: Banyarwandakazi mucane ku maso ku mbuga nkoranyambaga (Social media) kuko huzuyeho ibirura 2 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Ikoranabuhanga Imibereho Rwanda: Banyarwandakazi mucane ku maso ku mbuga nkoranyambaga (Social media) kuko huzuyeho ibirura Francis Kayiranga 4 years ago 7046 Leta ya Kagame izatekinika kugeza ryari? Amashanyarazi, amazi, imihanda, amashuri, ibitaro byagobye kuza mbere ya 4G cg interineti 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Ikoranabuhanga Leta ya Kagame izatekinika kugeza ryari? Amashanyarazi, amazi, imihanda, amashuri, ibitaro byagobye kuza mbere ya 4G cg interineti Francis Kayiranga 4 years ago 5348 Wari uzi ko WhatsApp na Instagram zigiye guhindurirwa amazina? 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Ikoranabuhanga Wari uzi ko WhatsApp na Instagram zigiye guhindurirwa amazina? Francis Kayiranga 4 years ago 5018 Nyuma yo gufunga imbuga zose za WordPress na Medium, Kagame arashaka kubuza abanyarwanda gukoresha umuyoboro wa youtube ari benshi 3 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Ikoranabuhanga Nyuma yo gufunga imbuga zose za WordPress na Medium, Kagame arashaka kubuza abanyarwanda gukoresha umuyoboro wa youtube ari benshi Francis Kayiranga 4 years ago 4070 Sobanukirwa uburyo Kagame arimo kubeshya abanyarwanda muri iyi minsi ngo yakoze amanama kandi ari itekinika 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Ikoranabuhanga Sobanukirwa uburyo Kagame arimo kubeshya abanyarwanda muri iyi minsi ngo yakoze amanama kandi ari itekinika Francis Kayiranga 5 years ago 1292