Site icon Rugali – Amakuru

VOA: USA na UK Ntibivuga Rumwe n’u Rwanda ku Nyito ya Jenoside

Ibihugu by’Ubwongereza na Leta zunze ubumwe z’Amerika ntibivuga rumwe n’u Rwanda ku nyito ikwiye guhabwa jenoside yabaye mu Rwanda mu 1994.

Inteko rusange ya ONU n’u Rwanda bifuza ko yitwa “Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994” mu gihe Amerika n’Ubwongereza bashaka ko humvikanamo n’Abahutu n’abandi bishwe bazira kudashyigikira jenoside yakorwaga.

Inkuru yateguwe n’Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Claude Ganza Munyamagana.

Exit mobile version