Site icon Rugali – Amakuru

URUPFU RWA KIZITO MIHIGO RWATEGUWE IGIHE KIREKIRE.CHARLES KAMBANDA ABIBONA ATE?

Mbahaye ikaze muri iki kiganiro Bakunzi bacu. Uyu munsi turi kuwa 02/17/2020. Ikiganiro cy’uyu munsi turagiharira Urupfu rw’ Umuhanzi w’ Icyamamare wakunzwe na benshi cyane , KIZITO MIHIGO.Nubwo rwadutunguye ariko ntibyadutangaje nabusa ugereranije n’ibyo tumaze kubona bikorwa na Leta ya FPR.

Imfu nk’izi murazibuka cyane  haba urwa Dr.Gasakure muri 2015,urwa Mutunzi Deo muri 2018, Kalisa Mupende Umwaka ushize(2019). N’abandi benshi bagiye barasirwa ku Amapingu.

By’Umwihariko ariko igihe cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, abacikacumu nibo baza ku isonga ry’ ibitambo bya Kagame mu gihe cyo kwibuka murwego rwo guhahamura abanyarwanda muri rusange, ariko abacikacumu rya Jenoside by’Umwihariko.

Muri kumwe na Jean Paul Turayishimye

WHATSAPP #:+1508.335.8771

Hamagara kuri 1516.387.1547 niba wifuza gukurikira iki kiganiro live kuri telephone yawe.

Exit mobile version