Imikino Salma Rhadia Mukansanga yaririye arimara benshi tumumenya agiye muri AFCON-CAN none ngo arashimira Kagame n’umugore we! Francis Kayiranga 3 years ago 1 min read 3731 Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Like this:Like Loading...IZINDI NKURU Ibyo mwahishwe kugucana umubano hagati ya Kagame n'ububiligi Tags: AFCON-CAN CAF Cameroun Kagame Nyiramongi Jeannette rwanda Salma Rhadia Mukansanga Umugore Continue Reading Previous: Amavubi y’u Rwanda ntiyabashije kugera mu gikombe cya Africa, ariko Abanyarwanda benshi barishimira ko Mukansanga yabaserukiye.Next: Icupa ry’umuzamu wa Egypt ryari ryakuye umutima benshi bibwira ko ari amarozi ariko ntibyabujije Senegal ya Sadio Mane gutwara CAN 2022 Amakuru Ibyo mwahishwe kugucana umubano hagati ya Kagame n’ububiligi 1 Amakuru Politiki Ibyo mwahishwe kugucana umubano hagati ya Kagame n’ububiligi Dr. Kambanda arasobanura ijambo Kagame yavugiye muri Arena, ati risa neza nk’iryavuzwe ku bwa Hitler 2 Amakuru Politiki Dr. Kambanda arasobanura ijambo Kagame yavugiye muri Arena, ati risa neza nk’iryavuzwe ku bwa Hitler Dr. Kambanda ahishuye ikiri inyuma y’uruzinduko rwa Kagame muri Qatar!!! 3 Amakuru Dr. Kambanda ahishuye ikiri inyuma y’uruzinduko rwa Kagame muri Qatar!!! Umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Habyarimana, Agatha Kanziga Habyarimana, agiye gusubizwa imbere y’ubutabera kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe 2025. Ku munsi w’ejo urugereko rw’urukiko rw’ubujurire rw’I Paris ruzasuzuma ubusabe bw’ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba (PNAT), ryasabye ko dosiye ya Agata Kanziga yakongera gukurikiranwa ndetse hakongerwa n’igihe agomba gukorwaho iperereza. Agatha wahoze ari umugore wa Habyarimana, muri 2016, nibwo byemejwe ko akurikiranwa ku byaha byo gucura umugambi wa Jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Nyuma yaho umucamanza ushinzwe kwemeza niba umuntu yakurikiranwa mu rukiko (Juge d’instruction), yaje kuvuga ko ihagarikwa kuko yabonaga nta bimenyetso bihagije bimushinja. Ibyo Ubushinjacyaha bwaje kubijuririra ku rukiko rukuru kugira ngo rwemeze ko iperereza risubiramo. Umwaka ushize mu kwezi k’Ukuboza, nibwo byemejwe ko Agatha atanga amakuru kubyo akurikiranweho ariko bishobora kumuviramo ibyaha yakurikiranwaho. Umwanzuro w’urukiko ku rubanza ruzabera mu muhezo ku munsi w’ejo uramutse wemejwe ko Agatha Kanziga aburanishwa ku byaha akekwaho, nk’uko byasabwe n’Ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba(PNAT), Agathe yakorwaho iperereza guhera tariki 1 Werurwe 1994. Ubushinjacyaha busaba ko yakurikiranwaho gucura umugambi wo gutegura jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu, kandi iperereza rigatangira guhera taliki ya mbere Werurwe 1994, kuko ubusanzwe Ubufaransa bukora iperereza buhereye taliki ya 6 Mata 1994. Ibyaha Agatha yagiye aregwa harimo gukangurira abantu gutegura no gukora ubwicanyi, gutegeka ko abakozi barindwi (7) bakoraga mu kigo cy’imfubyi yashinze, kwicwa ahanini agakoresha abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida. Biteganyijwe ko urubanza ruzaba mu muhezo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe i saa kumi, umwanzuro ukazatangazwa nyuma. \ 4 Amakuru Politiki Umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Habyarimana, Agatha Kanziga Habyarimana, agiye gusubizwa imbere y’ubutabera kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe 2025. Ku munsi w’ejo urugereko rw’urukiko rw’ubujurire rw’I Paris ruzasuzuma ubusabe bw’ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba (PNAT), ryasabye ko dosiye ya Agata Kanziga yakongera gukurikiranwa ndetse hakongerwa n’igihe agomba gukorwaho iperereza. Agatha wahoze ari umugore wa Habyarimana, muri 2016, nibwo byemejwe ko akurikiranwa ku byaha byo gucura umugambi wa Jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Nyuma yaho umucamanza ushinzwe kwemeza niba umuntu yakurikiranwa mu rukiko (Juge d’instruction), yaje kuvuga ko ihagarikwa kuko yabonaga nta bimenyetso bihagije bimushinja. Ibyo Ubushinjacyaha bwaje kubijuririra ku rukiko rukuru kugira ngo rwemeze ko iperereza risubiramo. Umwaka ushize mu kwezi k’Ukuboza, nibwo byemejwe ko Agatha atanga amakuru kubyo akurikiranweho ariko bishobora kumuviramo ibyaha yakurikiranwaho. Umwanzuro w’urukiko ku rubanza ruzabera mu muhezo ku munsi w’ejo uramutse wemejwe ko Agatha Kanziga aburanishwa ku byaha akekwaho, nk’uko byasabwe n’Ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba(PNAT), Agathe yakorwaho iperereza guhera tariki 1 Werurwe 1994. Ubushinjacyaha busaba ko yakurikiranwaho gucura umugambi wo gutegura jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu, kandi iperereza rigatangira guhera taliki ya mbere Werurwe 1994, kuko ubusanzwe Ubufaransa bukora iperereza buhereye taliki ya 6 Mata 1994. Ibyaha Agatha yagiye aregwa harimo gukangurira abantu gutegura no gukora ubwicanyi, gutegeka ko abakozi barindwi (7) bakoraga mu kigo cy’imfubyi yashinze, kwicwa ahanini agakoresha abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida. Biteganyijwe ko urubanza ruzaba mu muhezo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe i saa kumi, umwanzuro ukazatangazwa nyuma. \ Marie Immaculee avuze ukuri kuri Prince Kid, iyaba yavugiraga abazira akarengane bose bari mu bihome 5 Amakuru Politiki Marie Immaculee avuze ukuri kuri Prince Kid, iyaba yavugiraga abazira akarengane bose bari mu bihome Uko Kabarebe yimye abanyamulenge imyanya mu gisirikare cya Congo ni nako Kagame azabakuriramo aho!!! 6 Amakuru Politiki Uko Kabarebe yimye abanyamulenge imyanya mu gisirikare cya Congo ni nako Kagame azabakuriramo aho!!! Related Stories Sénégal ya Sadio Mane yegukanye Igikombe cya Afurika ku nshuro ya mbere itsinze Misiri ya Mo Sarah 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Imikino Sénégal ya Sadio Mane yegukanye Igikombe cya Afurika ku nshuro ya mbere itsinze Misiri ya Mo Sarah Francis Kayiranga 3 years ago 3949 Icupa ry’umuzamu wa Egypt ryari ryakuye umutima benshi bibwira ko ari amarozi ariko ntibyabujije Senegal ya Sadio Mane gutwara CAN 2022 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Imikino Icupa ry’umuzamu wa Egypt ryari ryakuye umutima benshi bibwira ko ari amarozi ariko ntibyabujije Senegal ya Sadio Mane gutwara CAN 2022 Francis Kayiranga 3 years ago 4096 Amavubi y’u Rwanda ntiyabashije kugera mu gikombe cya Africa, ariko Abanyarwanda benshi barishimira ko Mukansanga yabaserukiye. 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Imikino Amavubi y’u Rwanda ntiyabashije kugera mu gikombe cya Africa, ariko Abanyarwanda benshi barishimira ko Mukansanga yabaserukiye. Francis Kayiranga 3 years ago 3785 Mukansanga Salima Abaye Umugore wa Mbere Uzasifura mu Mikino Yanyuma y’Igikombe cy’Afurika (CAN 2022 Cameroun) 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Imikino Mukansanga Salima Abaye Umugore wa Mbere Uzasifura mu Mikino Yanyuma y’Igikombe cy’Afurika (CAN 2022 Cameroun) Francis Kayiranga 3 years ago 4843 Inkuru ibabaje cyane y’urupfu rwa Agnes Tirop basanze yapfiriye mu nzu ye afite ibikomere kw’ijosi 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Imikino Inkuru ibabaje cyane y’urupfu rwa Agnes Tirop basanze yapfiriye mu nzu ye afite ibikomere kw’ijosi Francis Kayiranga 3 years ago 1849 Nibyo koko Uganda ntiyagiye kwita abana b’ingangi amazina ahubwo yagiye gutsinda u Rwanda 1-0 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Imikino Nibyo koko Uganda ntiyagiye kwita abana b’ingangi amazina ahubwo yagiye gutsinda u Rwanda 1-0 Francis Kayiranga 3 years ago 1627