Site icon Rugali – Amakuru

Rwanda: Turatabariza abaturage baturiye inkengero zaho ikibuga cy’indege cya Bugesera kiri kubakwa!

Ikibuga Mpuzamahanga cya Atlanta Hartsfield–Jackson

Abantu batuye ku nkengero zi cy’ibuga cy’indege kiri kubakwa mu Bugesera babatwaye ibyangombwa byabo ngo bagiye gukuraho aho ikibuga cyatwaye mu mwaka wa 2014. None na nubu ntibarabibona. Benshi mu baturiye aha iki kibuga kizubakwa bakaba badusaba ngo tubakorere ubuvugizi. 

Igiteye ubwoba aba baturage nuko leta ya Kagame ivuga ko ubutaka budafite ibyangombwa izabutwara. Aba baturage batakambiye ku murenge biranga bajya ku karere nabyo biranga.

Exit mobile version