Site icon Rugali – Amakuru

Ntibizabatangaze ubutaha Phocas Ndayizera yemeye ibyaha nka Kizito Mihigo

Umunyamakuru Phocas Ndayizera yanze kuvuga ibyo DMI yamutamitse nka Kizito Mihigo. Ubwo Mbabazi Modeste yerekaga abanyamakuru Ndayizera bakamubaza ibibazo, umuvugizi wa DMI nako RIB yatunguwe nuko Ndayizera atigeze yemera ibyaha bamushinja.

Reka tubitege amaso turebe niba Ndayizera azaba nka Kizito Mihigo cyangwa niba azaba intwari akamera nkaba Cassien Ntamuhanga banze kwemera ibyaha bakemera gufungwa.

Exit mobile version