Amakuru Imibereho Mu Rwanda inzara igiye kumara abanyarwanda kurusha COVID-19 Francis Kayiranga 5 years ago 1 min read 571 Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Like this:Like Loading...IZINDI NKURU Dr. Kambanda ahishuye ikiri inyuma y'uruzinduko rwa Kagame muri Qatar!!! Tags: Mu Rwanda inzara igiye kumara abanyarwanda kurusha COVID-19 Continue Reading Previous: Abaturage bikoreye uduseke bajya mu nteko guhinduza itegeko nshinga, ubu harageze ko uduseke tuva mu nteko twuzuye ibiryo tugana mu baturage.Next: COVID-Kaga Murayizi? Uyu mujyanama w’ubuzima muri Kigali yayimenye uyu munsi imaze kumusenyera! Amakuru Adeline Rwigara yongeye guhishura amabi ya Kagame na Nyiramongi we!! 1 Amakuru Politiki Adeline Rwigara yongeye guhishura amabi ya Kagame na Nyiramongi we!! Ibyo mwahishwe kugucana umubano hagati ya Kagame n’ububiligi 2 Amakuru Politiki Ibyo mwahishwe kugucana umubano hagati ya Kagame n’ububiligi Dr. Kambanda arasobanura ijambo Kagame yavugiye muri Arena, ati risa neza nk’iryavuzwe ku bwa Hitler 3 Amakuru Politiki Dr. Kambanda arasobanura ijambo Kagame yavugiye muri Arena, ati risa neza nk’iryavuzwe ku bwa Hitler Dr. Kambanda ahishuye ikiri inyuma y’uruzinduko rwa Kagame muri Qatar!!! 4 Amakuru Dr. Kambanda ahishuye ikiri inyuma y’uruzinduko rwa Kagame muri Qatar!!! Umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Habyarimana, Agatha Kanziga Habyarimana, agiye gusubizwa imbere y’ubutabera kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe 2025. Ku munsi w’ejo urugereko rw’urukiko rw’ubujurire rw’I Paris ruzasuzuma ubusabe bw’ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba (PNAT), ryasabye ko dosiye ya Agata Kanziga yakongera gukurikiranwa ndetse hakongerwa n’igihe agomba gukorwaho iperereza. Agatha wahoze ari umugore wa Habyarimana, muri 2016, nibwo byemejwe ko akurikiranwa ku byaha byo gucura umugambi wa Jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Nyuma yaho umucamanza ushinzwe kwemeza niba umuntu yakurikiranwa mu rukiko (Juge d’instruction), yaje kuvuga ko ihagarikwa kuko yabonaga nta bimenyetso bihagije bimushinja. Ibyo Ubushinjacyaha bwaje kubijuririra ku rukiko rukuru kugira ngo rwemeze ko iperereza risubiramo. Umwaka ushize mu kwezi k’Ukuboza, nibwo byemejwe ko Agatha atanga amakuru kubyo akurikiranweho ariko bishobora kumuviramo ibyaha yakurikiranwaho. Umwanzuro w’urukiko ku rubanza ruzabera mu muhezo ku munsi w’ejo uramutse wemejwe ko Agatha Kanziga aburanishwa ku byaha akekwaho, nk’uko byasabwe n’Ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba(PNAT), Agathe yakorwaho iperereza guhera tariki 1 Werurwe 1994. Ubushinjacyaha busaba ko yakurikiranwaho gucura umugambi wo gutegura jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu, kandi iperereza rigatangira guhera taliki ya mbere Werurwe 1994, kuko ubusanzwe Ubufaransa bukora iperereza buhereye taliki ya 6 Mata 1994. Ibyaha Agatha yagiye aregwa harimo gukangurira abantu gutegura no gukora ubwicanyi, gutegeka ko abakozi barindwi (7) bakoraga mu kigo cy’imfubyi yashinze, kwicwa ahanini agakoresha abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida. Biteganyijwe ko urubanza ruzaba mu muhezo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe i saa kumi, umwanzuro ukazatangazwa nyuma. \ 5 Amakuru Politiki Umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Habyarimana, Agatha Kanziga Habyarimana, agiye gusubizwa imbere y’ubutabera kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe 2025. Ku munsi w’ejo urugereko rw’urukiko rw’ubujurire rw’I Paris ruzasuzuma ubusabe bw’ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba (PNAT), ryasabye ko dosiye ya Agata Kanziga yakongera gukurikiranwa ndetse hakongerwa n’igihe agomba gukorwaho iperereza. Agatha wahoze ari umugore wa Habyarimana, muri 2016, nibwo byemejwe ko akurikiranwa ku byaha byo gucura umugambi wa Jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Nyuma yaho umucamanza ushinzwe kwemeza niba umuntu yakurikiranwa mu rukiko (Juge d’instruction), yaje kuvuga ko ihagarikwa kuko yabonaga nta bimenyetso bihagije bimushinja. Ibyo Ubushinjacyaha bwaje kubijuririra ku rukiko rukuru kugira ngo rwemeze ko iperereza risubiramo. Umwaka ushize mu kwezi k’Ukuboza, nibwo byemejwe ko Agatha atanga amakuru kubyo akurikiranweho ariko bishobora kumuviramo ibyaha yakurikiranwaho. Umwanzuro w’urukiko ku rubanza ruzabera mu muhezo ku munsi w’ejo uramutse wemejwe ko Agatha Kanziga aburanishwa ku byaha akekwaho, nk’uko byasabwe n’Ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba(PNAT), Agathe yakorwaho iperereza guhera tariki 1 Werurwe 1994. Ubushinjacyaha busaba ko yakurikiranwaho gucura umugambi wo gutegura jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu, kandi iperereza rigatangira guhera taliki ya mbere Werurwe 1994, kuko ubusanzwe Ubufaransa bukora iperereza buhereye taliki ya 6 Mata 1994. Ibyaha Agatha yagiye aregwa harimo gukangurira abantu gutegura no gukora ubwicanyi, gutegeka ko abakozi barindwi (7) bakoraga mu kigo cy’imfubyi yashinze, kwicwa ahanini agakoresha abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida. Biteganyijwe ko urubanza ruzaba mu muhezo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe i saa kumi, umwanzuro ukazatangazwa nyuma. \ Marie Immaculee avuze ukuri kuri Prince Kid, iyaba yavugiraga abazira akarengane bose bari mu bihome 6 Amakuru Politiki Marie Immaculee avuze ukuri kuri Prince Kid, iyaba yavugiraga abazira akarengane bose bari mu bihome Related Stories Adeline Rwigara yongeye guhishura amabi ya Kagame na Nyiramongi we!! 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Politiki Adeline Rwigara yongeye guhishura amabi ya Kagame na Nyiramongi we!! Liza Kaliza 2 hours ago 15 Ibyo mwahishwe kugucana umubano hagati ya Kagame n’ububiligi 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Politiki Ibyo mwahishwe kugucana umubano hagati ya Kagame n’ububiligi Liza Kaliza 2 days ago 107 Dr. Kambanda arasobanura ijambo Kagame yavugiye muri Arena, ati risa neza nk’iryavuzwe ku bwa Hitler 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Politiki Dr. Kambanda arasobanura ijambo Kagame yavugiye muri Arena, ati risa neza nk’iryavuzwe ku bwa Hitler Liza Kaliza 3 days ago 129 Dr. Kambanda ahishuye ikiri inyuma y’uruzinduko rwa Kagame muri Qatar!!! 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Dr. Kambanda ahishuye ikiri inyuma y’uruzinduko rwa Kagame muri Qatar!!! Liza Kaliza 4 days ago 168 Umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Habyarimana, Agatha Kanziga Habyarimana, agiye gusubizwa imbere y’ubutabera kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe 2025. Ku munsi w’ejo urugereko rw’urukiko rw’ubujurire rw’I Paris ruzasuzuma ubusabe bw’ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba (PNAT), ryasabye ko dosiye ya Agata Kanziga yakongera gukurikiranwa ndetse hakongerwa n’igihe agomba gukorwaho iperereza. Agatha wahoze ari umugore wa Habyarimana, muri 2016, nibwo byemejwe ko akurikiranwa ku byaha byo gucura umugambi wa Jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Nyuma yaho umucamanza ushinzwe kwemeza niba umuntu yakurikiranwa mu rukiko (Juge d’instruction), yaje kuvuga ko ihagarikwa kuko yabonaga nta bimenyetso bihagije bimushinja. Ibyo Ubushinjacyaha bwaje kubijuririra ku rukiko rukuru kugira ngo rwemeze ko iperereza risubiramo. Umwaka ushize mu kwezi k’Ukuboza, nibwo byemejwe ko Agatha atanga amakuru kubyo akurikiranweho ariko bishobora kumuviramo ibyaha yakurikiranwaho. Umwanzuro w’urukiko ku rubanza ruzabera mu muhezo ku munsi w’ejo uramutse wemejwe ko Agatha Kanziga aburanishwa ku byaha akekwaho, nk’uko byasabwe n’Ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba(PNAT), Agathe yakorwaho iperereza guhera tariki 1 Werurwe 1994. Ubushinjacyaha busaba ko yakurikiranwaho gucura umugambi wo gutegura jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu, kandi iperereza rigatangira guhera taliki ya mbere Werurwe 1994, kuko ubusanzwe Ubufaransa bukora iperereza buhereye taliki ya 6 Mata 1994. Ibyaha Agatha yagiye aregwa harimo gukangurira abantu gutegura no gukora ubwicanyi, gutegeka ko abakozi barindwi (7) bakoraga mu kigo cy’imfubyi yashinze, kwicwa ahanini agakoresha abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida. Biteganyijwe ko urubanza ruzaba mu muhezo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe i saa kumi, umwanzuro ukazatangazwa nyuma. \ 2 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Politiki Umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Habyarimana, Agatha Kanziga Habyarimana, agiye gusubizwa imbere y’ubutabera kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe 2025. Ku munsi w’ejo urugereko rw’urukiko rw’ubujurire rw’I Paris ruzasuzuma ubusabe bw’ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba (PNAT), ryasabye ko dosiye ya Agata Kanziga yakongera gukurikiranwa ndetse hakongerwa n’igihe agomba gukorwaho iperereza. Agatha wahoze ari umugore wa Habyarimana, muri 2016, nibwo byemejwe ko akurikiranwa ku byaha byo gucura umugambi wa Jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Nyuma yaho umucamanza ushinzwe kwemeza niba umuntu yakurikiranwa mu rukiko (Juge d’instruction), yaje kuvuga ko ihagarikwa kuko yabonaga nta bimenyetso bihagije bimushinja. Ibyo Ubushinjacyaha bwaje kubijuririra ku rukiko rukuru kugira ngo rwemeze ko iperereza risubiramo. Umwaka ushize mu kwezi k’Ukuboza, nibwo byemejwe ko Agatha atanga amakuru kubyo akurikiranweho ariko bishobora kumuviramo ibyaha yakurikiranwaho. Umwanzuro w’urukiko ku rubanza ruzabera mu muhezo ku munsi w’ejo uramutse wemejwe ko Agatha Kanziga aburanishwa ku byaha akekwaho, nk’uko byasabwe n’Ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba(PNAT), Agathe yakorwaho iperereza guhera tariki 1 Werurwe 1994. Ubushinjacyaha busaba ko yakurikiranwaho gucura umugambi wo gutegura jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu, kandi iperereza rigatangira guhera taliki ya mbere Werurwe 1994, kuko ubusanzwe Ubufaransa bukora iperereza buhereye taliki ya 6 Mata 1994. Ibyaha Agatha yagiye aregwa harimo gukangurira abantu gutegura no gukora ubwicanyi, gutegeka ko abakozi barindwi (7) bakoraga mu kigo cy’imfubyi yashinze, kwicwa ahanini agakoresha abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida. Biteganyijwe ko urubanza ruzaba mu muhezo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe i saa kumi, umwanzuro ukazatangazwa nyuma. \ Liza Kaliza 1 week ago 254 Marie Immaculee avuze ukuri kuri Prince Kid, iyaba yavugiraga abazira akarengane bose bari mu bihome 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Politiki Marie Immaculee avuze ukuri kuri Prince Kid, iyaba yavugiraga abazira akarengane bose bari mu bihome Liza Kaliza 2 weeks ago 243