Amahanga Me Rusagara kuri Kagame wagize Evode Senateli: “Yarabibonye araruka none uyu munsi yasubiye kurya ibirutsi” Francis Kayiranga 4 years ago 1 min read 894 Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Like this:Like Loading... Tags: Evode Uwizeyimana Itahuk Me Rusagara Ignace Paul Kagame Continue Reading Previous: Kagame akomeje kugaraguza agati Col Tom ByabagambaNext: Imvo n’Imvano ku kibazo cyo kugarura umutekano mu burasirazuba bwa DR Congo (igice cya 1 & 2) Amakuru Adeline Rwigara yongeye guhishura amabi ya Kagame na Nyiramongi we!! 1 Amakuru Politiki Adeline Rwigara yongeye guhishura amabi ya Kagame na Nyiramongi we!! Ibyo mwahishwe kugucana umubano hagati ya Kagame n’ububiligi 2 Amakuru Politiki Ibyo mwahishwe kugucana umubano hagati ya Kagame n’ububiligi Dr. Kambanda arasobanura ijambo Kagame yavugiye muri Arena, ati risa neza nk’iryavuzwe ku bwa Hitler 3 Amakuru Politiki Dr. Kambanda arasobanura ijambo Kagame yavugiye muri Arena, ati risa neza nk’iryavuzwe ku bwa Hitler Dr. Kambanda ahishuye ikiri inyuma y’uruzinduko rwa Kagame muri Qatar!!! 4 Amakuru Dr. Kambanda ahishuye ikiri inyuma y’uruzinduko rwa Kagame muri Qatar!!! Umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Habyarimana, Agatha Kanziga Habyarimana, agiye gusubizwa imbere y’ubutabera kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe 2025. Ku munsi w’ejo urugereko rw’urukiko rw’ubujurire rw’I Paris ruzasuzuma ubusabe bw’ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba (PNAT), ryasabye ko dosiye ya Agata Kanziga yakongera gukurikiranwa ndetse hakongerwa n’igihe agomba gukorwaho iperereza. Agatha wahoze ari umugore wa Habyarimana, muri 2016, nibwo byemejwe ko akurikiranwa ku byaha byo gucura umugambi wa Jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Nyuma yaho umucamanza ushinzwe kwemeza niba umuntu yakurikiranwa mu rukiko (Juge d’instruction), yaje kuvuga ko ihagarikwa kuko yabonaga nta bimenyetso bihagije bimushinja. Ibyo Ubushinjacyaha bwaje kubijuririra ku rukiko rukuru kugira ngo rwemeze ko iperereza risubiramo. Umwaka ushize mu kwezi k’Ukuboza, nibwo byemejwe ko Agatha atanga amakuru kubyo akurikiranweho ariko bishobora kumuviramo ibyaha yakurikiranwaho. Umwanzuro w’urukiko ku rubanza ruzabera mu muhezo ku munsi w’ejo uramutse wemejwe ko Agatha Kanziga aburanishwa ku byaha akekwaho, nk’uko byasabwe n’Ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba(PNAT), Agathe yakorwaho iperereza guhera tariki 1 Werurwe 1994. Ubushinjacyaha busaba ko yakurikiranwaho gucura umugambi wo gutegura jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu, kandi iperereza rigatangira guhera taliki ya mbere Werurwe 1994, kuko ubusanzwe Ubufaransa bukora iperereza buhereye taliki ya 6 Mata 1994. Ibyaha Agatha yagiye aregwa harimo gukangurira abantu gutegura no gukora ubwicanyi, gutegeka ko abakozi barindwi (7) bakoraga mu kigo cy’imfubyi yashinze, kwicwa ahanini agakoresha abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida. Biteganyijwe ko urubanza ruzaba mu muhezo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe i saa kumi, umwanzuro ukazatangazwa nyuma. \ 5 Amakuru Politiki Umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Habyarimana, Agatha Kanziga Habyarimana, agiye gusubizwa imbere y’ubutabera kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe 2025. Ku munsi w’ejo urugereko rw’urukiko rw’ubujurire rw’I Paris ruzasuzuma ubusabe bw’ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba (PNAT), ryasabye ko dosiye ya Agata Kanziga yakongera gukurikiranwa ndetse hakongerwa n’igihe agomba gukorwaho iperereza. Agatha wahoze ari umugore wa Habyarimana, muri 2016, nibwo byemejwe ko akurikiranwa ku byaha byo gucura umugambi wa Jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Nyuma yaho umucamanza ushinzwe kwemeza niba umuntu yakurikiranwa mu rukiko (Juge d’instruction), yaje kuvuga ko ihagarikwa kuko yabonaga nta bimenyetso bihagije bimushinja. Ibyo Ubushinjacyaha bwaje kubijuririra ku rukiko rukuru kugira ngo rwemeze ko iperereza risubiramo. Umwaka ushize mu kwezi k’Ukuboza, nibwo byemejwe ko Agatha atanga amakuru kubyo akurikiranweho ariko bishobora kumuviramo ibyaha yakurikiranwaho. Umwanzuro w’urukiko ku rubanza ruzabera mu muhezo ku munsi w’ejo uramutse wemejwe ko Agatha Kanziga aburanishwa ku byaha akekwaho, nk’uko byasabwe n’Ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba(PNAT), Agathe yakorwaho iperereza guhera tariki 1 Werurwe 1994. Ubushinjacyaha busaba ko yakurikiranwaho gucura umugambi wo gutegura jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu, kandi iperereza rigatangira guhera taliki ya mbere Werurwe 1994, kuko ubusanzwe Ubufaransa bukora iperereza buhereye taliki ya 6 Mata 1994. Ibyaha Agatha yagiye aregwa harimo gukangurira abantu gutegura no gukora ubwicanyi, gutegeka ko abakozi barindwi (7) bakoraga mu kigo cy’imfubyi yashinze, kwicwa ahanini agakoresha abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida. Biteganyijwe ko urubanza ruzaba mu muhezo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe i saa kumi, umwanzuro ukazatangazwa nyuma. \ Marie Immaculee avuze ukuri kuri Prince Kid, iyaba yavugiraga abazira akarengane bose bari mu bihome 6 Amakuru Politiki Marie Immaculee avuze ukuri kuri Prince Kid, iyaba yavugiraga abazira akarengane bose bari mu bihome Related Stories Joe Biden, Perezida wa USA, yongeye kwitura hasi! 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amahanga Amakuru Joe Biden, Perezida wa USA, yongeye kwitura hasi! Francis Kayiranga 2 years ago 1511 Kuki basenye bagahere ku nzu ya Cyuma Hassan umunyamakuru wa Ishema TV? 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amahanga Politiki Kuki basenye bagahere ku nzu ya Cyuma Hassan umunyamakuru wa Ishema TV? Francis Kayiranga 3 years ago 2298 DR Congo: Félix Tshisekedi, perezida uri mu gihirahiro 2 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amahanga Amakuru DR Congo: Félix Tshisekedi, perezida uri mu gihirahiro Francis Kayiranga 3 years ago 2081 Impamvu nyayo Kagame yatinye kujya mu nama i Kinshasa yitabiriwe na Ndayishimiye, Museveni, Ramaphosa, Nguesso, Lourenço na Touadera 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amahanga Amakuru Umutekano Impamvu nyayo Kagame yatinye kujya mu nama i Kinshasa yitabiriwe na Ndayishimiye, Museveni, Ramaphosa, Nguesso, Lourenço na Touadera Francis Kayiranga 3 years ago 2025 Bimwe mu byaranze inama ihuza Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) n’uwa Afurika Yunze Ubumwe (AU) yatangiye mu Bubiligi 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amahanga Amakuru Bimwe mu byaranze inama ihuza Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) n’uwa Afurika Yunze Ubumwe (AU) yatangiye mu Bubiligi Francis Kayiranga 3 years ago 1823 Illuminée arashinganisha umuryango we mu Rwanda wibasiwe na FPR bakoresheje Niyonambaza Assoumani 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amahanga Politiki Illuminée arashinganisha umuryango we mu Rwanda wibasiwe na FPR bakoresheje Niyonambaza Assoumani John Tabaro 3 years ago 1561