Site icon Rugali – Amakuru

Kuki Gusubika Inama y’Umuryango wa EAC Byasakuje Cyane?

Kuki Gusubika Inama y'Umuryango wa EAC Byasakuje Cyane?

Inama y’abakuru b’ibihugu by’umuryango w’uburasirazuba bw’Afurika (EAC) yari iteganijwe ku itariki ya 30 z’uku kwezi ntikibaye.

Mu kiganiro agiranye n’Ijwi ry’Amerika, Ambassaderi Olivier Nduhungirehe, umunyabanaga wa leta muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga ushinzwe ibibazo by’umuryango w’Afurika y’uburasirazuba asobanura ko u Rwanda ari rwo rwasabye ko iyo nama isubikwa.

Gusa, yumvikanishije ko rwatangajwe no kubona ibaruwa banditse yahise isakara hanze. Ni kuri micro y’umunyamakuru wacu ukorera I Londres mu Bwongereza Venuste Nshimiyimana.

Exit mobile version