Site icon Rugali – Amakuru

Kizito Mihigo ati sinashatse kwerekana ko ndi umumarayika, ndengana kuko hari aho nari mpuriye n’ibyo naregwaga. Nahisemo kwemera ikosa nakoze nca bugufi nsaba imbabazi ngaragaza ubushake bwo kwikosora.

GIHE: Ubwo wafungwaga n’ibihangano byawe ntibyongeye kumvikana, urateganya kubikoraho iki?

KIZITO: Nteganya kwegera inzego twakoranaga mbere yuko mfungwa tugasubukura ubufatanye ku buryo ibihangano byanjye byacurangwa mu gihe bikenewe. Ntabwo bishimisha ariko urabyakira. Ikibazo cyabaye ariko ni iyihe nzira yagikemura?

Sinashatse kwerekana ko ndi umumarayika, ndengana kuko hari aho nari mpuriye n’ibyo naregwaga. Nahisemo kwemera ikosa nakoze nca bugufi nsaba imbabazi ngaragaza ubushake bwo kwikosora.

Iyi mvugo ya Kizito Mihigo ikubiyemo byinshi ngaho namwe ni muyisesengure “Nahisemo”, “sinashatse”!!!!!

Exit mobile version