Umugambi wo guhuza SADC na EAC waburijwemo. Kagame yarakaye cyane ku buryo yahise ajya kwerekana uburakari bwe kuri X inama ikirangira. Perezida Tshisekedi yanze kujya mu nama na mugenzi we Perezida Lorenzo w’Angola ndetse na Perezida Neva w’u Burundi. Tshisekedi yabapfuye agasoni yitabira inama kuri Zoom yiyicariye iwe n’aho bariya bandi ntibiriwe birushya. Ahanini kwanga kwitabira inama Tshisekedi azi neza umugambi wo kumuhitana Kagame, Ruto na Museveni bafite.