Site icon Rugali – Amakuru

Kagame yabanje agateza imbere urubyiruko rwe mbere yo guteza imbere urw’ahandi

Kigali today yanditse igira iti “Perezida Kagame yagizwe umwe mu bazashakisha icyateza imbere urubyiruko ku isi

Iyo gahunda yiswe “Generation Unilimited” yatangirijwe i New York, ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 24 Nzeri 2018.

Perezida Kagame yavuze ko nta kibabaza nko kubona urubyiruko rutageze ku ntumbero yarwo kubera kubura amahirwe. Ariko atanga ikizere ko Iyo gahunda iziye igihe.”

Kagame ntabyo atitereramo nk’amata y’isazi, noneho ageze mu rubyiruko. None se yabanje agateza imbere urubyuruko rwe mbere yo guteza imbere urw’ahandi. Ubundi ujya gutera uburezi arabwibanza. Iyo yigira mwiza wagira ngo ntazwi na bose.

Exit mobile version