Site icon Rugali – Amakuru

INKURU Y’AKA KANYA: Ibikorwa byose bisa n’ibihagaritswe mu Rwanda

Coronavirus: Abarundi n'Abanyarwanda baravuga uko byifashe aho bari mu mahanga

Leta y’u Rwanda yatangaje ingamba nshya zikomeye ivuga ko zigamije gukumira ikwirakwira rya Covid-19 mu gihugu.

Itangazo rya Minisitiri w’intebe mu Rwanda rivuga ko harebwe uko iyi ndwara ihagaze ku isi n’uko mu bindi bihugu byagenze, ari ngombwa ko hafatwa ingamba ziruseho mu kwirindwa ko iyi ndwara ikomeza gukwirakwira.

Ibyo byamezo bishya byafashwe bigomba gukurikizwa mu gihe cy’ibyumweru bibiri kuva muri iri joro, ibyo birimo ko;

Ibi byemezo biratangira gukurikizwa saa sita z’ijoro kuri uyu wa gatandatu nkuko iri tangazo ribivuga.

Byitezwe ko izi ngamba zigira ingaruka cyane cyane ku mibereho bwite y’abaturage batungwa no gukora akazi kababeshaho ku munsi.

Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda ivuga ko abantu 17 kugeza ubu ari bo bamaze gusangamo iyi ndwara mu Rwanda, benshi muri bo baje bavuye mu mahanga.

Andi makuru ya BBC: www.bbc.com/gahuza

Exit mobile version