Mu kiganiro kuri VOA Murisanga, umunyarwandakazi Dr Christine Uwimana yamenye papa we nyuma y’imyaka 47 abifashijwemo n’Ijwi ry’Amerika. Nyina wa Dr Uwimana yitabye Imana nyuma ya Kudeta yabaye mu #Rwanda muri 1973, apfira muri gereza ya Ruhengeri.
Agnes Kabarenzi wakoraga mu bitaro bya CHK i Kigali yafunzwe ku mpamvu na n’ubu zitaramenyekana. Yafunzwe atwite inda y’amezi atatu, abyarira muri gereza ariko umwana ashobora guhohoka akivuka, ararerwa, ararukura.
IZINDI NKURU Icyo mutari muzi Marara ashizeho umucyo n’uko hakurikiyeho kurasa Evariste Ndayishimiye