Abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook Perezida wa DALFA Umurinzi, Madame Victorie Ingabire Umuhoza, yagize ati: “Nongeye gushimira Imana ko Yongeye kumpuza n’imfura n’abuzukuru. Urugendo rwabo mu #Rwanda barushoje ejo. Bakaba basubiyeyo Kandi bakagerayo amahoro.”
IZINDI NKURU Icyo mutari muzi Marara ashizeho umucyo n’uko hakurikiyeho kurasa Evariste Ndayishimiye