Site icon Rugali – Amakuru

HRW irabaza u Rwanda aho Paul Rusesabagina yari kuva yagera i Kigali kuwa kane tariki 27/08/20 kugera kuwa mbere tariki 31/0820

HRW irabaza u Rwanda aho Paul Rusesabagina yari kuva yagera i Kigali kuwa kane tariki 27/08/20 kugera kuwa mbere tariki 31/0820

Umuryango uharanira uburenngazira bwa kiremwa muntu, Human Rights Watch (HRW) watangaje ko u Rwanda rugomba gutanga raporo ivuga aho Paul Rusesabagina yari kuva yagera I Kigali kuwa kane tariki ya 27 kanama 2020 kugera kuwa mbere tariki ya 31 kanama 2020. Uwo muryango wagize uti “Iyo ubuyobozi bwambuye umuntu ubwisanzure, ntibutangaze ko bwamufashe, bugahisha ko bwamufunze ku gahato, ni icyaha bita “kunyuruzwa ku ngufu” icyo cyaha ntikemewe n’amategeko mpuzamahanga. Abantu bafite uruhare mu bikorwa nk’ibi bagomba kubiryozwa”.

Ibyo bisohotse nyuma yuko ikinyoma cya RIB ya Kagame yatangaje ko biturutse ku bufatanye n’amahanga RIB yafashe Paul Rusesabagina cyakubitiwe ahakubuye n’ahakoropye n’amahanga yahise ahakana yivuye inyuma kuba yaragize uruhare muri icyo cyaha cyo gushimuta Paul Rusesabagina. Ibi akaba aribyo turi bugarukaye birambuye muri iki kiganiro

Exit mobile version