Site icon Rugali – Amakuru

Guverinoma y’u Rwanda ngo nta mikoro ifite yo gufasha abavanywe mu byabo n’ibiza kandi ifite ubwoba ko bakiyongera

Guverinoma y’u Rwanda ngo nta bushobozi bwo gufasha abantu bakuwe mu byabo basenywe n’ibiza. Leta ngo nta mikoro ifite yokuzimura abantu bose bazahura n’ibiza kuko n’imibare igenda yiyongera. Leta y’u Rwanda iti “ikihutirwa mi ukuvana abantu mu manegeka. Kugeza ubu ikaba yaratangiye kuvana abantu mu manegeka.

Abaturage nibabyishimiye kuko leta ivuga ko abishoboye itzabashakira aho kuba ngo bagomba kwairwariza. Abaturage bati leta ntabwo igomåba kugenderaåç ku bushobozi bw’umuntu kuko ibiza biza bitunguranye.

Abaturage bavanywe mu byabo n’ibiza ko bateye agahinda kuko kugeza izi saha nta bufasha bwa leta bari babona. Kubona amafunguro bikaba ari ikibazo kibakomereye kuko badashobora no gusubira mu mirima yabo gushakamo utwaka.

 

Exit mobile version