Izigezweho Umutekano Genda KagaM23 uranzwe! Tekereza aho izindi nyeshyamba muri Congo nazo ziyemeje kurwanya RDF/M23. Ariana Irakoze 2 years ago 1 min read 2100 Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Ariko uwakunda umwicanyi n’inde? Njye mbabariye abaturage b’u Rwanda kuko abakongomani baramutse bahagurutse nkuko Felix Kitsekedi yabahamagariye kwitabira urugamba, u Rwanda barara baruhanaguye kw’ikarita y’Afurika! Like this:Like Loading... Continue Reading Previous: Kagame koko watanze amahoro mu karere ukareka kwihisha inyuma ya M23 muri CongoNext: Ian Kagame yinjiye igisirikare cy’u Rwanda ku mugaragaro! Amakuru Adeline Rwigara yongeye guhishura amabi ya Kagame na Nyiramongi we!! 1 Amakuru Politiki Adeline Rwigara yongeye guhishura amabi ya Kagame na Nyiramongi we!! Ibyo mwahishwe kugucana umubano hagati ya Kagame n’ububiligi 2 Amakuru Politiki Ibyo mwahishwe kugucana umubano hagati ya Kagame n’ububiligi Dr. Kambanda arasobanura ijambo Kagame yavugiye muri Arena, ati risa neza nk’iryavuzwe ku bwa Hitler 3 Amakuru Politiki Dr. Kambanda arasobanura ijambo Kagame yavugiye muri Arena, ati risa neza nk’iryavuzwe ku bwa Hitler Dr. Kambanda ahishuye ikiri inyuma y’uruzinduko rwa Kagame muri Qatar!!! 4 Amakuru Dr. Kambanda ahishuye ikiri inyuma y’uruzinduko rwa Kagame muri Qatar!!! Umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Habyarimana, Agatha Kanziga Habyarimana, agiye gusubizwa imbere y’ubutabera kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe 2025. Ku munsi w’ejo urugereko rw’urukiko rw’ubujurire rw’I Paris ruzasuzuma ubusabe bw’ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba (PNAT), ryasabye ko dosiye ya Agata Kanziga yakongera gukurikiranwa ndetse hakongerwa n’igihe agomba gukorwaho iperereza. Agatha wahoze ari umugore wa Habyarimana, muri 2016, nibwo byemejwe ko akurikiranwa ku byaha byo gucura umugambi wa Jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Nyuma yaho umucamanza ushinzwe kwemeza niba umuntu yakurikiranwa mu rukiko (Juge d’instruction), yaje kuvuga ko ihagarikwa kuko yabonaga nta bimenyetso bihagije bimushinja. Ibyo Ubushinjacyaha bwaje kubijuririra ku rukiko rukuru kugira ngo rwemeze ko iperereza risubiramo. Umwaka ushize mu kwezi k’Ukuboza, nibwo byemejwe ko Agatha atanga amakuru kubyo akurikiranweho ariko bishobora kumuviramo ibyaha yakurikiranwaho. Umwanzuro w’urukiko ku rubanza ruzabera mu muhezo ku munsi w’ejo uramutse wemejwe ko Agatha Kanziga aburanishwa ku byaha akekwaho, nk’uko byasabwe n’Ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba(PNAT), Agathe yakorwaho iperereza guhera tariki 1 Werurwe 1994. Ubushinjacyaha busaba ko yakurikiranwaho gucura umugambi wo gutegura jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu, kandi iperereza rigatangira guhera taliki ya mbere Werurwe 1994, kuko ubusanzwe Ubufaransa bukora iperereza buhereye taliki ya 6 Mata 1994. Ibyaha Agatha yagiye aregwa harimo gukangurira abantu gutegura no gukora ubwicanyi, gutegeka ko abakozi barindwi (7) bakoraga mu kigo cy’imfubyi yashinze, kwicwa ahanini agakoresha abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida. Biteganyijwe ko urubanza ruzaba mu muhezo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe i saa kumi, umwanzuro ukazatangazwa nyuma. \ 5 Amakuru Politiki Umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Habyarimana, Agatha Kanziga Habyarimana, agiye gusubizwa imbere y’ubutabera kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe 2025. Ku munsi w’ejo urugereko rw’urukiko rw’ubujurire rw’I Paris ruzasuzuma ubusabe bw’ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba (PNAT), ryasabye ko dosiye ya Agata Kanziga yakongera gukurikiranwa ndetse hakongerwa n’igihe agomba gukorwaho iperereza. Agatha wahoze ari umugore wa Habyarimana, muri 2016, nibwo byemejwe ko akurikiranwa ku byaha byo gucura umugambi wa Jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Nyuma yaho umucamanza ushinzwe kwemeza niba umuntu yakurikiranwa mu rukiko (Juge d’instruction), yaje kuvuga ko ihagarikwa kuko yabonaga nta bimenyetso bihagije bimushinja. Ibyo Ubushinjacyaha bwaje kubijuririra ku rukiko rukuru kugira ngo rwemeze ko iperereza risubiramo. Umwaka ushize mu kwezi k’Ukuboza, nibwo byemejwe ko Agatha atanga amakuru kubyo akurikiranweho ariko bishobora kumuviramo ibyaha yakurikiranwaho. Umwanzuro w’urukiko ku rubanza ruzabera mu muhezo ku munsi w’ejo uramutse wemejwe ko Agatha Kanziga aburanishwa ku byaha akekwaho, nk’uko byasabwe n’Ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba(PNAT), Agathe yakorwaho iperereza guhera tariki 1 Werurwe 1994. Ubushinjacyaha busaba ko yakurikiranwaho gucura umugambi wo gutegura jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu, kandi iperereza rigatangira guhera taliki ya mbere Werurwe 1994, kuko ubusanzwe Ubufaransa bukora iperereza buhereye taliki ya 6 Mata 1994. Ibyaha Agatha yagiye aregwa harimo gukangurira abantu gutegura no gukora ubwicanyi, gutegeka ko abakozi barindwi (7) bakoraga mu kigo cy’imfubyi yashinze, kwicwa ahanini agakoresha abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida. Biteganyijwe ko urubanza ruzaba mu muhezo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe i saa kumi, umwanzuro ukazatangazwa nyuma. \ Marie Immaculee avuze ukuri kuri Prince Kid, iyaba yavugiraga abazira akarengane bose bari mu bihome 6 Amakuru Politiki Marie Immaculee avuze ukuri kuri Prince Kid, iyaba yavugiraga abazira akarengane bose bari mu bihome Related Stories Rwanda: Baratabariza abana babo batwawe n’ubuyobozi mu gicuku i Rutunga i Kigali 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Umutekano Rwanda: Baratabariza abana babo batwawe n’ubuyobozi mu gicuku i Rutunga i Kigali Francis Kayiranga 2 years ago 850 Gen Rusagara ntiyabeshye: “Our guy Kagame is finished”! Iri jambo n’ikimenyetso kibihe bye bya nyuma 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Umutekano Gen Rusagara ntiyabeshye: “Our guy Kagame is finished”! Iri jambo n’ikimenyetso kibihe bye bya nyuma Ariana Irakoze 2 years ago 1588 Ngo Félix Tshisekedi perezida wa Congo yarokotse uburozi bita “Cyanure”!!! 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Congo Rwanda Umutekano Ngo Félix Tshisekedi perezida wa Congo yarokotse uburozi bita “Cyanure”!!! Ariana Irakoze 2 years ago 1763 Dieudonné Ishimwe “Prince Kid” azira ubusa nka Kayumba, Karasira, Rashid, Idamange na Cyuma 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Izigezweho Prince Kid Dieudonné Ishimwe Dieudonné Ishimwe “Prince Kid” azira ubusa nka Kayumba, Karasira, Rashid, Idamange na Cyuma Ariana Irakoze 2 years ago 1772 Kagame iyo abona umubyeyi nkuyu arira kubera ko umuryango we wamushizeho bishwe na KagaM23 atekereza iki? 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Umutekano Kagame iyo abona umubyeyi nkuyu arira kubera ko umuryango we wamushizeho bishwe na KagaM23 atekereza iki? Ariana Irakoze 2 years ago 1264 Mukuralinda yariye iminwa ku ndege y’intambara ya Congo yaguye k’ubutaka bw’u Rwanda RDF ntiyirase! 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Umutekano Mukuralinda yariye iminwa ku ndege y’intambara ya Congo yaguye k’ubutaka bw’u Rwanda RDF ntiyirase! Ariana Irakoze 2 years ago 2012