Site icon Rugali – Amakuru

Financial Times Ishimangira ko Ibarurishamibare ry’u Rwanda Ari Irihimbano

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yaraye yamaganiye kure inkuru yasohowe n’ikinyamakuru Financial Times cyandikirwa mu Bwongereza, cyagaragaje ko ubukene bwiyongereye mu Rwanda ariko ibarurisha mibare rya Leta rikerekana ko bwagabanutse.

Umunyamakuru Tom Wilson wa Financial Times wandiste iriya nkuru yabwiye Ijwi ry’Amerika ko atari agamije kunenga ubukungahare bw’u Rwanda. Ariko avuga ko ibyo yanditse ari byo. Yavuganye n’umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Venuste Nshimiyimana uri i Londres.

Exit mobile version