Site icon Rugali – Amakuru

Erega umunsi w’igiti wo kungoma yashize umenya uzasubizwaho kugira ngo amashyamba akwirakwizwe hose!!!

Mu 2011, Guverinoma y’u Rwanda yihaye intego ko mu 2030, ubuso bungana na hegitari miliyoni ebyiri (80% by’ubutaka bw’u Rwanda bwose) buzaba buteyeho amashyamba, hagamijwe kurengera urusobe rw’ibinyabuzima.

Iyo mubona abanyarwanda bajya mu muganda buri kuwa gatandatu w’icyumweru cyanyuma cy’ukwezi ntimukeke ko bose bakora usanga abenshi bihagarariye bonsa umuhini, abandi bakajya mu muganda nta gikoresho nakimwe bitwaje. Mbese bikaba kwitwa kuba waje mu muganda ukandikwa kwa wawukoze. Ayo mashyamba azaba yamaze guterwa muri 2030 koko?

Exit mobile version