Site icon Rugali – Amakuru

Ejo bazatekinika ko aba basize bibye -> Abakinnyi batanu batorotse abo bari bajyanye mu mikino muri Australiya basaba ubuhungiro

Habonetse uburyo iriya gereza ngo ni u Rwanda abantu batoroka bakayishiramo – Abakinnyi babiri batorotse abo bari bajyanye mu mikino muri Australiya basaba ubuhungiro. Abanyarwanda babiri bari bagiye guhagararira u Rwanda mu mikino ya 2018 y’umuryango w’ibihugu bivuga icyongereza muri Australiya baburiwe irengero aho bari bacumbitse bajya gushaka ubuhungiro.

Kaporali aragira inama iryo tsinda ryose kwisabira ubuhungiro aho mu gihugu cya Austaraliya bagahunga kariya gatsiko gashimuta, kakica, kagafunga, kagakora iyica rubozo.

Mureke abo bakorera Luciferi bari babaherekeje batahe basubire ku muyobozi wabo ngo ni Shitani bonyine. Ntimubemerere ko babasubiza muri uriya muriro wo kuri iy’isi.

Exit mobile version