Bruce Melodie Bruce Melodie – Katerina Francis Kayiranga 5 years ago 1 min read 1558 Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Like this:Like Loading... Tags: Bruce Melodie - Katerina Continue Reading Next: Mutabare, Indirimbo Henzapu ya Bruce Melody itumye amasaka ameneka kumeza, ihene ibyara zirindwi zanga konka Amakuru Adeline Rwigara yongeye guhishura amabi ya Kagame na Nyiramongi we!! 1 Amakuru Politiki Adeline Rwigara yongeye guhishura amabi ya Kagame na Nyiramongi we!! Ibyo mwahishwe kugucana umubano hagati ya Kagame n’ububiligi 2 Amakuru Politiki Ibyo mwahishwe kugucana umubano hagati ya Kagame n’ububiligi Dr. Kambanda arasobanura ijambo Kagame yavugiye muri Arena, ati risa neza nk’iryavuzwe ku bwa Hitler 3 Amakuru Politiki Dr. Kambanda arasobanura ijambo Kagame yavugiye muri Arena, ati risa neza nk’iryavuzwe ku bwa Hitler Dr. Kambanda ahishuye ikiri inyuma y’uruzinduko rwa Kagame muri Qatar!!! 4 Amakuru Dr. Kambanda ahishuye ikiri inyuma y’uruzinduko rwa Kagame muri Qatar!!! Umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Habyarimana, Agatha Kanziga Habyarimana, agiye gusubizwa imbere y’ubutabera kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe 2025. Ku munsi w’ejo urugereko rw’urukiko rw’ubujurire rw’I Paris ruzasuzuma ubusabe bw’ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba (PNAT), ryasabye ko dosiye ya Agata Kanziga yakongera gukurikiranwa ndetse hakongerwa n’igihe agomba gukorwaho iperereza. Agatha wahoze ari umugore wa Habyarimana, muri 2016, nibwo byemejwe ko akurikiranwa ku byaha byo gucura umugambi wa Jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Nyuma yaho umucamanza ushinzwe kwemeza niba umuntu yakurikiranwa mu rukiko (Juge d’instruction), yaje kuvuga ko ihagarikwa kuko yabonaga nta bimenyetso bihagije bimushinja. Ibyo Ubushinjacyaha bwaje kubijuririra ku rukiko rukuru kugira ngo rwemeze ko iperereza risubiramo. Umwaka ushize mu kwezi k’Ukuboza, nibwo byemejwe ko Agatha atanga amakuru kubyo akurikiranweho ariko bishobora kumuviramo ibyaha yakurikiranwaho. Umwanzuro w’urukiko ku rubanza ruzabera mu muhezo ku munsi w’ejo uramutse wemejwe ko Agatha Kanziga aburanishwa ku byaha akekwaho, nk’uko byasabwe n’Ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba(PNAT), Agathe yakorwaho iperereza guhera tariki 1 Werurwe 1994. Ubushinjacyaha busaba ko yakurikiranwaho gucura umugambi wo gutegura jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu, kandi iperereza rigatangira guhera taliki ya mbere Werurwe 1994, kuko ubusanzwe Ubufaransa bukora iperereza buhereye taliki ya 6 Mata 1994. Ibyaha Agatha yagiye aregwa harimo gukangurira abantu gutegura no gukora ubwicanyi, gutegeka ko abakozi barindwi (7) bakoraga mu kigo cy’imfubyi yashinze, kwicwa ahanini agakoresha abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida. Biteganyijwe ko urubanza ruzaba mu muhezo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe i saa kumi, umwanzuro ukazatangazwa nyuma. \ 5 Amakuru Politiki Umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Habyarimana, Agatha Kanziga Habyarimana, agiye gusubizwa imbere y’ubutabera kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe 2025. Ku munsi w’ejo urugereko rw’urukiko rw’ubujurire rw’I Paris ruzasuzuma ubusabe bw’ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba (PNAT), ryasabye ko dosiye ya Agata Kanziga yakongera gukurikiranwa ndetse hakongerwa n’igihe agomba gukorwaho iperereza. Agatha wahoze ari umugore wa Habyarimana, muri 2016, nibwo byemejwe ko akurikiranwa ku byaha byo gucura umugambi wa Jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Nyuma yaho umucamanza ushinzwe kwemeza niba umuntu yakurikiranwa mu rukiko (Juge d’instruction), yaje kuvuga ko ihagarikwa kuko yabonaga nta bimenyetso bihagije bimushinja. Ibyo Ubushinjacyaha bwaje kubijuririra ku rukiko rukuru kugira ngo rwemeze ko iperereza risubiramo. Umwaka ushize mu kwezi k’Ukuboza, nibwo byemejwe ko Agatha atanga amakuru kubyo akurikiranweho ariko bishobora kumuviramo ibyaha yakurikiranwaho. Umwanzuro w’urukiko ku rubanza ruzabera mu muhezo ku munsi w’ejo uramutse wemejwe ko Agatha Kanziga aburanishwa ku byaha akekwaho, nk’uko byasabwe n’Ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba(PNAT), Agathe yakorwaho iperereza guhera tariki 1 Werurwe 1994. Ubushinjacyaha busaba ko yakurikiranwaho gucura umugambi wo gutegura jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu, kandi iperereza rigatangira guhera taliki ya mbere Werurwe 1994, kuko ubusanzwe Ubufaransa bukora iperereza buhereye taliki ya 6 Mata 1994. Ibyaha Agatha yagiye aregwa harimo gukangurira abantu gutegura no gukora ubwicanyi, gutegeka ko abakozi barindwi (7) bakoraga mu kigo cy’imfubyi yashinze, kwicwa ahanini agakoresha abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida. Biteganyijwe ko urubanza ruzaba mu muhezo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe i saa kumi, umwanzuro ukazatangazwa nyuma. \ Marie Immaculee avuze ukuri kuri Prince Kid, iyaba yavugiraga abazira akarengane bose bari mu bihome 6 Amakuru Politiki Marie Immaculee avuze ukuri kuri Prince Kid, iyaba yavugiraga abazira akarengane bose bari mu bihome Related Stories Ivan Cyomoro Kagame agura inzu ya $6M Senateri Havugimana ntavuge none Bruce Melodie aguze Brubas ya $200M aravuga! 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Abahanzi Amakuru Bruce Melodie Ivan Cyomoro Kagame agura inzu ya $6M Senateri Havugimana ntavuge none Bruce Melodie aguze Brubas ya $200M aravuga! Francis Kayiranga 3 years ago 5680 Bamporiki yabitse Kizito atarapfa aba arishwe, yirukanisha Karasira none yadukiriye Bruce Melodie 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Bruce Melodie Kizito Mihigo Bamporiki yabitse Kizito atarapfa aba arishwe, yirukanisha Karasira none yadukiriye Bruce Melodie Francis Kayiranga 5 years ago 1675 Umucukuzi w’imisarani Bamporiki yavuze Kizito aba arishwe, avuga Karasira aba arirukanwe none avuze Bruce Melodie, twitege iki? Apfa iki n’abahanzi? 2 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Bruce Melodie Karasira Aimable Kizito Mihigo Umucukuzi w’imisarani Bamporiki yavuze Kizito aba arishwe, avuga Karasira aba arirukanwe none avuze Bruce Melodie, twitege iki? Apfa iki n’abahanzi? Francis Kayiranga 5 years ago 1641 Meek Rowland – Mahwi ft Bruce Melodie 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Abahanzi Bruce Melodie Imyidagaduro Meek Rowland – Mahwi ft Bruce Melodie Francis Kayiranga 5 years ago 2722 Umuhanzi ubu ugezweho cyane mu Rwannda, Bruce Melodie, arisobanura kwifungwa rye 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Abahanzi Bruce Melodie Umuhanzi ubu ugezweho cyane mu Rwannda, Bruce Melodie, arisobanura kwifungwa rye Francis Kayiranga 5 years ago 1748 Bapfa kutatubwira ko biyahuye gusa! Shadyboo na Bruce Melodie bafunzwe bazira kurenga ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19 2 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Abahanzi Amakuru Bruce Melodie Bapfa kutatubwira ko biyahuye gusa! Shadyboo na Bruce Melodie bafunzwe bazira kurenga ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19 Francis Kayiranga 5 years ago 2184