Site icon Rugali – Amakuru

Azahora yibukwa nka YUDA wagambaniye Congo akoreshwa n’abampatsibihugu kuyicamo ibice

Congo rero igiye gusandazwamo ibice byigenga vuba cyane aha!

Mu myaka ya za 1885 m’Ubudage baricaye bagabana Afrika, ariko uko bigaragara bahaye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igisate kinini.

2018 nanone m’Ubudage noneho Umunyafrika niwe wiyambajwe. Sinzi ibyo gusoma ku minwa ngo umuntu amenye icyo bavugaga ariko jye ndabona ijambo Congo ritarabuze hano.

Amakuru amwe atugeraho n’uko Congo bagiye kuyigabanyamo udusate twigenge. Mwibuke ko byatangiriye Sudani nayo yari nini bayicamo ibice 3 kimwe kimaze kwigenga hasigaye ikindi gice cyegeranye na Centre Afrika nubwo Bashir agihanyanyaza ngo akigumane byararangiye kuko banamurega gukora jenoside muricyo gice, ararushwa n’ubusa.

Congo rero igiye gusandazwamo ibice byigenga vuba cyane aha!

Kanuma Christophe

Exit mobile version