Imyigaragambyo yo gushyigikira #Idamange Iryamugwiza Yvonne yongeye kwerekana ko gukorana bishoboka kubifuza impinduka mu #Rwanda. Ikindi kandi byagaragaje ko amashyaka ya politiki na za guverinoma zikorera mu buhungiro bidutanya kurusha uko biduhuza. Niba utakurikiye iki kiganiro IREBERE nawe wiyumvire ibyo nshaka kuvuga.
IZINDI NKURU Icyo mutari muzi Marara ashizeho umucyo n’uko hakurikiyeho kurasa Evariste Ndayishimiye