Site icon Rugali – Amakuru

Abari ku mugabane w’i Burayi muraburiwe. Ubundi burozi bwa Dan Munyuza DMI yabwambukije amazi magari!

Ubwo burozi bugenewe abanyarwanda bari ku mugabane w’i Burayi. Dukurikije amakuru duhabwa n’abantu bacu ubwo burozi bwambutse amazi magari nk’agapaki ka insuline, umuti wa diabete. Ubwo burozi bwashyikiye mu gihugu cy’ubu Biligi aho abazobereye mu gukoresha no gutanga uburozi bakorera DMI bari. Kandi bikaba bizwi ko  bahawe imyitozi mu gukoresha no gutanga ubwo burozi.

Tuzi twese ko muri iki gihe cy’iminsi mikuru isoza umwaka aribwo DMI ikora akazi ko gukura mu nzira abo leta ya Kigali idashaka.

Abari ku mugabane w’iburayi muraburiwe. Mugenzure ibyo mufungura n’ibyo munywa niba mushaka kuramuka.

Rpf Gakwerere

Exit mobile version