Imikino Imyidagaduro Abakinnyi ba AFC Ajax harimo David Neres babyina indirimbo ya Burna Boy yitwa “On The Low” ikaba igezweho mu Buholandi Francis Kayiranga 4 years ago 1 min read 945 Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Like this:Like Loading... Tags: Ajax Players amsterdam Burna Boy David Neres europe Holland Netherlands On The Low soccer Continue Reading Previous: Ikiganiro cya Dr. David Himbara buri munyarwanda wifuza impinduka mu Rwanda yagobye kumvaNext: Isengeri Michael Jordan yakinanye mu 1982 ubwo North Carolina ‘Tar Heels’ yatwaraga igikombe cya NCAA yaguzwe akayabo ka miliyoni $1.38 Amakuru Adeline Rwigara yongeye guhishura amabi ya Kagame na Nyiramongi we!! 1 Amakuru Politiki Adeline Rwigara yongeye guhishura amabi ya Kagame na Nyiramongi we!! Ibyo mwahishwe kugucana umubano hagati ya Kagame n’ububiligi 2 Amakuru Politiki Ibyo mwahishwe kugucana umubano hagati ya Kagame n’ububiligi Dr. Kambanda arasobanura ijambo Kagame yavugiye muri Arena, ati risa neza nk’iryavuzwe ku bwa Hitler 3 Amakuru Politiki Dr. Kambanda arasobanura ijambo Kagame yavugiye muri Arena, ati risa neza nk’iryavuzwe ku bwa Hitler Dr. Kambanda ahishuye ikiri inyuma y’uruzinduko rwa Kagame muri Qatar!!! 4 Amakuru Dr. Kambanda ahishuye ikiri inyuma y’uruzinduko rwa Kagame muri Qatar!!! Umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Habyarimana, Agatha Kanziga Habyarimana, agiye gusubizwa imbere y’ubutabera kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe 2025. Ku munsi w’ejo urugereko rw’urukiko rw’ubujurire rw’I Paris ruzasuzuma ubusabe bw’ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba (PNAT), ryasabye ko dosiye ya Agata Kanziga yakongera gukurikiranwa ndetse hakongerwa n’igihe agomba gukorwaho iperereza. Agatha wahoze ari umugore wa Habyarimana, muri 2016, nibwo byemejwe ko akurikiranwa ku byaha byo gucura umugambi wa Jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Nyuma yaho umucamanza ushinzwe kwemeza niba umuntu yakurikiranwa mu rukiko (Juge d’instruction), yaje kuvuga ko ihagarikwa kuko yabonaga nta bimenyetso bihagije bimushinja. Ibyo Ubushinjacyaha bwaje kubijuririra ku rukiko rukuru kugira ngo rwemeze ko iperereza risubiramo. Umwaka ushize mu kwezi k’Ukuboza, nibwo byemejwe ko Agatha atanga amakuru kubyo akurikiranweho ariko bishobora kumuviramo ibyaha yakurikiranwaho. Umwanzuro w’urukiko ku rubanza ruzabera mu muhezo ku munsi w’ejo uramutse wemejwe ko Agatha Kanziga aburanishwa ku byaha akekwaho, nk’uko byasabwe n’Ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba(PNAT), Agathe yakorwaho iperereza guhera tariki 1 Werurwe 1994. Ubushinjacyaha busaba ko yakurikiranwaho gucura umugambi wo gutegura jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu, kandi iperereza rigatangira guhera taliki ya mbere Werurwe 1994, kuko ubusanzwe Ubufaransa bukora iperereza buhereye taliki ya 6 Mata 1994. Ibyaha Agatha yagiye aregwa harimo gukangurira abantu gutegura no gukora ubwicanyi, gutegeka ko abakozi barindwi (7) bakoraga mu kigo cy’imfubyi yashinze, kwicwa ahanini agakoresha abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida. Biteganyijwe ko urubanza ruzaba mu muhezo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe i saa kumi, umwanzuro ukazatangazwa nyuma. \ 5 Amakuru Politiki Umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Habyarimana, Agatha Kanziga Habyarimana, agiye gusubizwa imbere y’ubutabera kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe 2025. Ku munsi w’ejo urugereko rw’urukiko rw’ubujurire rw’I Paris ruzasuzuma ubusabe bw’ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba (PNAT), ryasabye ko dosiye ya Agata Kanziga yakongera gukurikiranwa ndetse hakongerwa n’igihe agomba gukorwaho iperereza. Agatha wahoze ari umugore wa Habyarimana, muri 2016, nibwo byemejwe ko akurikiranwa ku byaha byo gucura umugambi wa Jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Nyuma yaho umucamanza ushinzwe kwemeza niba umuntu yakurikiranwa mu rukiko (Juge d’instruction), yaje kuvuga ko ihagarikwa kuko yabonaga nta bimenyetso bihagije bimushinja. Ibyo Ubushinjacyaha bwaje kubijuririra ku rukiko rukuru kugira ngo rwemeze ko iperereza risubiramo. Umwaka ushize mu kwezi k’Ukuboza, nibwo byemejwe ko Agatha atanga amakuru kubyo akurikiranweho ariko bishobora kumuviramo ibyaha yakurikiranwaho. Umwanzuro w’urukiko ku rubanza ruzabera mu muhezo ku munsi w’ejo uramutse wemejwe ko Agatha Kanziga aburanishwa ku byaha akekwaho, nk’uko byasabwe n’Ishami ry’Ubushinjacyaha bw’Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba(PNAT), Agathe yakorwaho iperereza guhera tariki 1 Werurwe 1994. Ubushinjacyaha busaba ko yakurikiranwaho gucura umugambi wo gutegura jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu, kandi iperereza rigatangira guhera taliki ya mbere Werurwe 1994, kuko ubusanzwe Ubufaransa bukora iperereza buhereye taliki ya 6 Mata 1994. Ibyaha Agatha yagiye aregwa harimo gukangurira abantu gutegura no gukora ubwicanyi, gutegeka ko abakozi barindwi (7) bakoraga mu kigo cy’imfubyi yashinze, kwicwa ahanini agakoresha abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida. Biteganyijwe ko urubanza ruzaba mu muhezo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe i saa kumi, umwanzuro ukazatangazwa nyuma. \ Marie Immaculee avuze ukuri kuri Prince Kid, iyaba yavugiraga abazira akarengane bose bari mu bihome 6 Amakuru Politiki Marie Immaculee avuze ukuri kuri Prince Kid, iyaba yavugiraga abazira akarengane bose bari mu bihome Related Stories LONG WAY yaririmbwe na Rist Shimwa Muyizere: umuhungu wa Victoire Ingabire Umuhoza wa DALFA Umurinzi 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Imyidagaduro LONG WAY yaririmbwe na Rist Shimwa Muyizere: umuhungu wa Victoire Ingabire Umuhoza wa DALFA Umurinzi John Tabaro 3 years ago 1725 Sénégal ya Sadio Mane yegukanye Igikombe cya Afurika ku nshuro ya mbere itsinze Misiri ya Mo Sarah 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Imikino Sénégal ya Sadio Mane yegukanye Igikombe cya Afurika ku nshuro ya mbere itsinze Misiri ya Mo Sarah Francis Kayiranga 3 years ago 3954 Icupa ry’umuzamu wa Egypt ryari ryakuye umutima benshi bibwira ko ari amarozi ariko ntibyabujije Senegal ya Sadio Mane gutwara CAN 2022 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Imikino Icupa ry’umuzamu wa Egypt ryari ryakuye umutima benshi bibwira ko ari amarozi ariko ntibyabujije Senegal ya Sadio Mane gutwara CAN 2022 Francis Kayiranga 3 years ago 4101 Salma Rhadia Mukansanga yaririye arimara benshi tumumenya agiye muri AFCON-CAN none ngo arashimira Kagame n’umugore we! 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Imikino Salma Rhadia Mukansanga yaririye arimara benshi tumumenya agiye muri AFCON-CAN none ngo arashimira Kagame n’umugore we! Francis Kayiranga 3 years ago 3737 Amavubi y’u Rwanda ntiyabashije kugera mu gikombe cya Africa, ariko Abanyarwanda benshi barishimira ko Mukansanga yabaserukiye. 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Imikino Amavubi y’u Rwanda ntiyabashije kugera mu gikombe cya Africa, ariko Abanyarwanda benshi barishimira ko Mukansanga yabaserukiye. Francis Kayiranga 3 years ago 3793 Umuhungu wa Victoire Ingabire mu ndirimbo ye yambere ya ati “Maman yagiye mu Rwanda baramufunga, inzira y’ubuzima nindende ihangane cyane maman”. 1 min read Share this:FacebookTwitterWhatsAppTelegram Amakuru Imyidagaduro Umuhungu wa Victoire Ingabire mu ndirimbo ye yambere ya ati “Maman yagiye mu Rwanda baramufunga, inzira y’ubuzima nindende ihangane cyane maman”. Francis Kayiranga 3 years ago 1390